Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr Bizimana Jean Damascene avuga ko nubwo u Rwanda rukora ibishoboka mu kubungabunga amahoro, rugihangayikishijwe n’abasize bakoze ...
Abaturage bo mu Kagari ka Kagitumba kabarizwa mu Murenge wa Matimba ho mu Karere ka Nyagatare, kuri ubu baravuga ko kuba barishatsemo ibisubizo bakigurira ubutaka bw'irimbi bubegereye mu Kagari kabo ...
Perezida wa Gasogi United, Kakooza Nkuliza Charles [KNC], yatangaje ko yizeye gutsinda Rayon Sports ndetse ko azayitsinda ibitego 2-1, mu mukino bazahuriramo kuri uyu wa Gatandatu. Yabitangaje kuri ...
Abatuye ku kirwa cya Gihaya mu Murenge wa Gihundwe mu Karere ka Rusizi, baravuga ko babangamiwe no kuba ivuriro rito (Poste de Sante) bari bubakiwe rimaze imyaka isaga 2 ridakora. Ibi ngo bikubitiraho ...
Abatuye mu Karere ka Rubavu biganjemo abakora ingendo nyambukiranyamupaka wa Rubavu-Goma batangiye guhabwa inkingo za Mpox. Abazihawe barashimira Leta y’u Rwanda yabegereje inkingo kuba bagaragaza ko ...
Abaturiye Umuhora wa Kaduha mu Ntara y’Amajyepfo bavuga ko bari mu bwigunge bitewe n’ikibazo cy’imihanda imeze nabi ku buryo nta buhahirane bukorwa uko bikwiye. Hari aho bibasaba ikiguzi cy'amafaranga ...